Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: Isi Yose Ihanze amaso iherezo ryayo.
Ku wa 28 Gashyantare 2026, isi yose yatewe ubwoba n’intambara itangiye hagati y’igisirikare cya Isiraheli gifatanije n’Amerika n’igisirikare cya Iran, IRGC. Uyu munsi, amakuru avugwa hose ni intwaro zirasa, abayobozi bakuru bapfuye, ndetse n’amahanga arimo kwinjira mu ntambara mu buryo bwa politiki n’ubukungu, bituma iki gitero kitaba intambara y’akarere gusa, ahubwo kizana ingaruka ku rwego […]
Intambara mu Burasirazuba bwo Hagati: Isi Yose Ihanze amaso iherezo ryayo. Read More »



